Meddy - Nka Paradizo lyrics

Published

0 417 0

Meddy - Nka Paradizo lyrics

[Intro: Priscillah &Meddy] Nasanze urukundo Ruruta byose Kwihishira ni ukwibeshya No mu gusaza (yeah) Nzahora nkukunda (yeah) Nkaho ari ubwa nyuma (yeah) [Hint] Tambuka Oya, ntutinye kugwa Turi kumwe Abifuza ko nabivamo Ntibazi ko ari wowe Ngwino tubijyane bucece [Chorus} Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo Tujyana umurikiye nk'izuba rirasa Duhuza amaso, nkananirwa kwifata Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo(Duhora turi kumwe ubudatandukana) [Verse: Meddy & Priscillah] Bazakubwira ko bizashira Bifuze ko nkuta Niko iyi si imera Reka nkubere inyenyeri itazima Imvura izagwa, nkubere ubwugamo [Hint] Tambuka Oya, ntutinye kugwa Turi kumwe Abifuza ko nabivamo Ntibazi ko ari wowe [Chorus} Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo Tujyana umurikiye nk'izuba rirasa Duhuza amaso, nkananirwa kwifata Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo(Duhora turi kumwe ubudatandukana) [Bridge] Iyeeeeh!!! Uhhhhmmmm Kuva nakumenya Iyeeeeh Umudendezo Iyeeeeh Ntibazi ko ari wowe [Chorus} Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo Tujyana umurikiye nk'izuba rirasa Duhuza amaso, nkananirwa kwifata Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo(Duhora turi kumwe ubudatandukana) [Outro} Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo Tujyana umurikiye nk'izuba rirasa Duhuza amaso, nkananirwa kwifata Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana) Bisa nka Paradizo (ubudatandukana) Bisa nka Paradizo(Duhora turi kumwe ubudatandukana) Transcribed by Will Concord